News

Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ryatangiye gukinwa kuri ...
Umutoza Haringingo Francis Christian ’Mbaya’ yasezeye ku nshingano ze zo gutoza Bugesera FC. Itangazo rya Bugesera FC rivuga ko Haringingo n'umwungiriza we, Nduwimana Pablo, basezeye kuri uyu wa ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Leta y’u Rwanda yashimye ubushake Papa Francis yagize mu kuzahura umubano wa Kiliziya Gatolika narwo ndetse n’uruhare ikomeje ...
Abapolisi 180 bakorera ku Cyicaro Gikuru cya Polisi ku Kacyiru, batanze amaraso ku bushake, azakoreshwa mu gufasha abarwayi ...
Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco, yavuze ko kwibuka abana n’abagore bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi bitanga isomo ry’uko ibyabaye bikwiye kwamaganwa cyane kugira ngo ...
Polisi y'u Rwanda isanga hakenewe ubufatanye buhamye hagati y'Ibihugu bihuriye mu muryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi zo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO), mu guhangana n'ibikorwa by ...
Ikigo cy’Abadage “Volkswagen Group” cyatangiye ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda bigamije kwagura ishoramari ryacyo mu Gihugu, rikava ku kuruteranyirizamo imodoka nto, rikagera no ku guteranya ...
Imibare y’Ikigega cyihariye cy'Ingoboka igaragaza ko mu Ntara y’Iburasirazuba hari ubwiyongere bw'amadosiye y'abaturage basaba indishyi z'imitungo yangizwa n'inyamaswa, aho muri 2024-2025 kimaze ...
Inama y’abakaridinali yateraniye i Vatican kuri uyu wa Kabiri, yanzuye ko Papa Francis azashyingurwa ku wa Gatandatu w’iki cyumweru tariki 26 z’uku kwezi. Mbere y’uko atabaruka, Papa Francis yasize ...