News
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komite Mpuzamahanga y'Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, ku Isi, Mirjana Spoljaric Egger ndetse n'umuyobozi w'uyu muryango muri ...
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Singapore byasinyanye amasezerano y’ishyirwa mu bikorwa ry’isoko rya ‘Carbon’, rigena uburyo bwo gucuruzanya umwuka uhumekwa n’ibiti biterwa, amashyamba n’ibindi bishobora ...
Umuryango Never Again-Rwanda wasabye inzego zibishinzwe kwihutisha ishyirwaho rya politike y'igihugu y'uburere mboneragihugu, nk'imwe mu ngamba zo kugabanya ibibazo bikibangamiye ubumwe ...
Aborozi hamwe n'abakora ibikoresho bitandukanye mu mpu, barasaba ko Leta yagira icyo ikora hagashyirwaho uruganda rugezweho mu gutunganya impu mu rwego rwo kongerera agaciro ibizikomokaho ndetse ...
Corporal Chantal Bampire ubarizwa mu Ngabo z’u Rwanda, aho amaze imyaka 9 atwara imodoka z’intambara, ashima ko Igihugu gitanga amahirwe angana ku bahungu n’abakobwa mu mirimo yose irimo no gucunga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Abahanga mu by'ubukungu bavuga ko ingamba zihariye zizamura ubukungu Leta y’u Rwanda yashyizeho zikwiye kujyana no gutegura abantu bafite ubumenyi bukenewe mu nzego zose z'ubukungu. Ikigo cy'Igihugu ...
Inzobere mu by’ubwubatsi n’abakenera izo serivisi kuri uyu wa Kabiri bamurikiwe system ivuguruye, isabirwamo impushya zo kubaka igamije kwihutisha imitangire ya serivisi. Ni system igamije gushyira mu ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye ibirori by’irahira rya Perezida wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, byabereye kuri Stade d’Angondjé iri i Libreville mu Murwa Mukuru w’iki gihugu.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye yagaragarije abamotari ko n'ubwo imbogamizi bagaragaje zashakiwe ibisubizo, nabo bagomba kurangwa n’imyitwarire iboneye. Yabitangaje kuri ...
Ikigo gishinzwe mine, peteroli na gazi mu Rwanda (RMB) cyashyize ahagaragara igitabo cyiswe “Pitchbook”, kigaragaza ibice byavumbuwemo amabuye y’agaciro, kinahamagarira abashoramari babishoboye ...
Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, cyatangaje ko hari imiyoboro y’amazi 67 igiye gutangira gusanwa no kuvugururwa hirya no hino mu Gihugu. Ibi byitezweho kuzagabanya ikibazo ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results