News

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, agiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo yise “Niwe Healing Concert”. Iki gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kizabera ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komite Mpuzamahanga y'Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, ku Isi, Mirjana Spoljaric Egger ndetse n'umuyobozi w'uyu muryango muri ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umuryango Never Again-Rwanda wasabye inzego zibishinzwe kwihutisha ishyirwaho rya politike y'igihugu y'uburere mboneragihugu, nk'imwe mu ngamba zo kugabanya ibibazo bikibangamiye ubumwe ...
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Singapore byasinyanye amasezerano y’ishyirwa mu bikorwa ry’isoko rya ‘Carbon’, rigena uburyo bwo gucuruzanya umwuka uhumekwa n’ibiti biterwa, amashyamba n’ibindi bishobora ...
Umuryango Heifer International Rwanda binyuze mu irushanwa ‘AYuTE Africa Challenge’ rya 2025, wahembye miliyoni 50 Frw, ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bafite imishinga myiza y’ikoranabuhanga mu ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye ibirori by’irahira rya Perezida wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, byabereye kuri Stade d’Angondjé iri i Libreville mu Murwa Mukuru w’iki gihugu.
Ikigo gishinzwe mine, peteroli na gazi mu Rwanda (RMB) cyashyize ahagaragara igitabo cyiswe “Pitchbook”, kigaragaza ibice byavumbuwemo amabuye y’agaciro, kinahamagarira abashoramari babishoboye ...
Abahanga mu by'ubukungu bavuga ko ingamba zihariye zizamura ubukungu Leta y’u Rwanda yashyizeho zikwiye kujyana no gutegura abantu bafite ubumenyi bukenewe mu nzego zose z'ubukungu. Ikigo cy'Igihugu ...
Corporal Chantal Bampire ubarizwa mu Ngabo z’u Rwanda, aho amaze imyaka 9 atwara imodoka z’intambara, ashima ko Igihugu gitanga amahirwe angana ku bahungu n’abakobwa mu mirimo yose irimo no gucunga ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango Unity Club Intwararumuri washimangiye ko bo nk’abayobozi bazakomeza kwigisha abakiri bato icyo gutwara urumuri ...